|
|
|
Murakaza neza ku rubuga rwa Interinete rwa MINELA Ikibazo gikuru u Rwanda rufite mu byerekeye gucunga no kurinda umutungo kamere ni ukuba umubare w’abaturage utajyana n’umutungo kamere (ubutaka, amazi, inyamaswa, ibimera, amashyamba, aho bacukura amabuye y’agaciro n’ibindi) wagiye ugabanuka uko ibihe bisimburana. Uko kutajyana ni nyirabayazana y’ibibazo byerekeye imihindagurikire y’ikirerere n’iby’ubukungu n’imibereho y’abaturage bishobora kuzatuma ibintu birushaho kuba bibi niba nta ngamba zifashwe (...)Ibikurikira
|
|
|
Icyerekezo n’ibyo Minisiteri ishinzwe a) Gutegura no gukora ku buryo habaho ikurikiranwa n’isuzuma rya za politiki, ingamba n’irindwa ry’ibidukikije;
b) Gutegura imishinga y’amategeko no gushyiraho ibipimo n’uburyo bwo gukora kugira ngo habeho imikoreshereze n’imicungire inoze y’ubutaka, ibidukikije, amazi, amashyamba na mine no gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ryabyo;
c) Guteza imbere ubushakashatsi no kubyaza umusaruro umutungo kamere wo mu nsi y’ubutaka ndetse no gushyiraho uburyo (...)Ibikurikira
|
|
|
|
 |
|
MINIRENA irashishikariza abaturiye Ikiyaga cya Muhazi kurushaho kukibungabunga no kukirinda ubwandu.
Abaturage bo mu Mirenge ituriye ikiyaga cya Muhazi bo mu turere twa Rwamagana, Kayonza na Gatsibo biyemeje gufata ingamba ziboneye zijyanye no kwitabira kubungabunga ikiyaga cya Muhazi no kugira isuku mu ikoreshwa ry’amazi y’icyo kiyaga kugira ngo (...) Ibikurikira |
|
Ihererekanya bubasha
Umuhango w’Ihererekanya-bubasha hagati ya Bwana Christophe Bazivamo , wari Minisitiri w’Amashyamba na Mine na Bwana Stanislas Kamanzi, washinzwe kuyobora Minisiteri y’Umutungo Kamere.
Kuri uyu wa kane tariki ya 12 Gicurasi 2011, ku cyicaro (...) Ibikurikira |
| |
Andi makuru |
|
|
|
 |
|